Producer Price Index Report (Second Quarter 2012)

The index for the second quarter 2012 registered an increase of  4.95% compared to the index of the second quarter of the year 2011.


Perezida Paul Kagame n’umuryango we babaruwe

Kimwe n’abandi Banyarwanda bose, kuri uyu wa Kane tariki 16 Kanama, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye ibarura rusange rya kane ry’abaturage, aho yibaruje ndetse abaruza abo acumbikiye mu rugo rwe.

Prezida Kagame yabimburiye abandi Banyarwanda mu ibarura rusange

Urugo rwa Prezida wa Repubulika, Paul Kagame, ruri mu rwibarujwe kuri uyu wa kane tariki ya 16/08/2012 ubwo igikorwa cy’ibarura rusange rya kane cyatangiraga mu gihugu hose, mu rwego rwo gutanga urugero ku bandi Banyarwanda bose.

Nyanza: Ibarura ryahereye mu rugo rwa Guverineri w’Intara y’Amajyepfo

Igikorwa cy’ibarura rya kane ry’abaturage batuye u Rwanda ryatangiye tariki 16/08/2012 ku rwego rw’akarere ka Nyanza ryahereye mu rugo rwa Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alphonse Munyentwari.

“Ntawe dukeka ko azabangamira ibarura mu Burasirazuba”-Guverineri Uwamariya

Kuri uyu munsi ibarura rya kane ry’abaturage n’imiturire ryatangiye, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba madamu Uwamariya Odette arizeza abakarani b’ibarura ko bazabasha gusohoza inshingano zabo muri iyo Ntara nta nkomyi.

Shortlisted candidates to sit the written exam (Kinyarwanda Notice)

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare Mu Rwanda kiramenyesha abantu bose basabye akazi k’umwanya w’ubushoferi ko urutonde rw’abemerewe gukora Ikizamini cyanditse, rumanitse ku cyicaro cy’Ikigo ndetse no k’urubuga rwa Interinete y’ikigo: www.statistics.gov.rw
Ikizamini kizabera LA PALISSE Nyandungu ku wa kabiri Taliki ya 14/08/2012 saa 9h00 z’Igitondo.
 

Imyiteguro y'ibarura rusange ku nshuro ya kane

Mu gihe hasigaye iminsi 16 gusa ngo mu Rwanda ku nshuro ya kane hakorwe ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire, abakarani b’ibarura bakomeje amahugurwa mu duce dutandukanye tw’u Rwanda, naho abaturage nabo biteguye kuzafasha abakarani b’ibarura kugirango igikorwa kizagende neza.

Ubutumwa bw'ingenzi bwerekeye Ibarura rusange rya kane ry'Abaturage n'Imiturire

I. IGIKORWA CY’IBARURA RUSANGE NI INGIRAKAMARO KU GIHUGU MURI RUSANGE NO KURI BURI MUTURAGE BY’UMWIHARIKO

Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire ni umwe mu mishinga y’ibanze Igihugu gishingiraho kugira ngo kigene ibigomba gukorerwa abaturage byabageza ku majyambere arambye mu bijyanye n’ubukungu n’imibereho yabo ya buri munsi.

Pages